Imodoka yavaga ku ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Busogo yakoreye impanuka mu Karere ka Gakenke ihitana abantu batatu harimo n’umushoferi. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa 26, Ugushyingo, 2023 ahaga...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo aherutse gutangaza muri The Sun ko raporo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryahaye Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwashingiweho mu ...
Kuri uyu wa Mbere taliki 20, Ugushyingo, 2023 muri Marriot Hotel i Kigali harabera igikorwa u Rwanda rwifatanyamo n’amahanga mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana. Ariko se muri rusange aba...
Dr. Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda avuga ko inzego z’u Rwanda zubatse uburyo bwo guha abaturage serivisi ku buryo ubu izigera kuri 10% ari zo zitarashyirwa mu ikoranabuhanga. Yemeza ...
Depite Gloriose Uwanyirigira hamwe na bagenzi be bagize Komite mu Nteko ishinga amategeko ishinzwe kugenzura uko umutungo wa Leta ukoreshwa bavuga ko bibabaje kuba Leta ikodesha inzu ikoreramo kandi h...
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyo yise ubushotoranyi bushingiye ku masasu yaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo agakomeretsa umuturage wo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu. It...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana yasabye abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n’Abanyarwanda muri rusange kutazishisha abagiye kurekurwa nyum...
Hagiye gushira ibyumweru bibiri intambara yubuye hagati ya M23 n’umutwe Wazalendo uvugwaho gukorana n’ingabo za DRC. Si zo gusa zivugwa mu gufasha Wazalendo, ahubwo M23 ishinja n’ingabo z’Uburundi kub...
Ubuyobozi bw’Ibitaro byitiriwe umwami Faysal bwatangaje ko mu bubibo bwabwo nta mafaranga ahagije bufite kubera ko hari igihombo cya Miliyari Frw 12 zirenga bwatewe n’abarwayi bambuye ibitaro. A...
Modeste Muhire yabwiye itangazamakuru ko ubwo yageraga mu Rwanda ahungutse, ari bwo yumvise agaruye ubuzima kuko mu nkambi yabagamo muri Tanzania hamwe n’abandi Banyarwanda ubuzima bwasaga n’ubucakar...









