Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibyo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryatangaje by’uko rutubahiriza uburenganzira bwa muntu bw’abarugana barushakamo ubuhungiro ari ibinyoma. Iri shami riherutse kug...
Umusuwisi wari umuhanga cyane mu miterereze ya muntu witwaga Jean Piaget ( amazina ye yose ni Jean William Fritz Piaget) yanditse inyandiko abahanga mu mikurire n’imiterereze y’abana baheraho biga ak...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yasubije Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubufaransa Stéphane Séjourné wari watangaje ko u Rwanda rugomba kuva muri DRC no kureka gufasha M23 ko igi...
Uyobora ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ANR, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’anadi babiri bamwungirije ndetse n’Umuvugizi wa Guverineri w’iyi Ntara ku rwego rwa gisivili bamaze...
Mu rukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba hari itsinda ry’Abanyarwanda barenga 150 baherutse kurega Guverinoma y’u Rwanda ko Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwabafunze mu buryo budaku...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu myaka irindwi ishize urwego rw’uburezi bw’u Rwanda rwateye imbere ku kigero kigaragara. Bimwe mu byerekana ko uru rwego rwateye imbere ni umubare w...
Guverinoma y’u Rwanda yatangarije amahanga ko yamaganye kandi isaba n’amahanga kubigenza gutyo, ikamagana amagambo ivuga ko[Guverinoma] ahembera amacakubiri mu Banyarwanda akaba aherutse kuvugwa na P...
Mu rwego rwo kubafasha kugera ku kazi kubera intera y’aho ibitaro biri n’aho batuye, Minisiteri y’ubuzima yemeraye abakora mu Bitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga imodoka yo mu bwoko bwa Van. Ik...
Umuvugizi wungirije wa M23 witwa Canisius Munyarugero yaraye yeruye ko abarwanyi b’uyu mutwe biyemeje kurasana n’ingabo za DRC kugeza ubwo Felix Tshisekedi uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihu...
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko guhugira mu mirimo byatumye Babura uko bita ku bana bituma abana babura indyo yuzuye baragwingira. Iyi mpamvu bayitangiye mu biganiro byakurikiye ...









