Kuri uyu wa Gatanu Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba François Habitegeko yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Intara ya Cibitoke witwa Bizoza Carême, bemeranya ko bazajya buhura mu bihe bidahindagur...
Mu gihe abanyapolitiki ba Libya bari kureba uko bahuza imbraga za Politiki n’iza gisirikare kugira ngo mu Ukuboza, 2021 hazabe amatora, abakurikirana ibibera muri kiriya gihugu bavuga ko iby’ubumwe bw...
Urukiko rurinda Itegeko nshinga rwa Mali rwaraye rwemeje ko Col Assimi Goïta ariwe uyobora igihugu muri iki gihe, akaba Perezida w’Inzibacyuho. Ibi byemejwe nyuma y’uko uwahoze ari Perezida wa Mali ab...
Abanyapolitiki b’inararibonye muri Afurika y’i Burengerazuba bashyizeho itsinda ryo kujya guhuza impande zitavuga rumwe muri Mali nyuma y’uko Perezida na Minisitiri w’Intebe bakuweho na Col Assimi Goi...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu Ntara 19 zibasiwe nayo ...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko imodoka rusange zitwara abagenzi zizajya zitwara gusa 50% y’ubushobozi bwazo5, mu ngamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Ni ic...
Henshi muri Afurika, ikoranabuhanga riri gukora ibitangaza! Ni uburyo bwaje gukangura Afurika kugira ngo nayo igendere ku ntambwe ibindi bihugu biriho muri iki gihe. Umuvuduko waryo uraganisha h...
Modéste Bahati Lukwebo niwe uri guhabwa amahirwe yo gutorerwa kuyobora Sena ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu matora ari bube kuri uyu wa Kabiri tariki 02, Werurwe,2021. Uyu mugabo niwe wahaye P...
Abo barimoOmoyemi Akelere washinze Lagos Fashion Week, Claudia Lumor washinze ikinyamakuru cyandika ku mideli cyo muri Ghana kitwa Glitz Africa Magazine kikatanga ibihembo byitwa Glitz Style Awa...
Nyuma yo gufungura ku mugaragaro ikicaro cya FIFA mu Rwanda, Perezida wa FIFA Gianni Infantino yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Gianni Infantino. Infantino yari ari kumwe...









