Kuri uyu wa Gatanu Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba François Habitegeko yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Intara ya Cibitoke witwa Bizoza Carême, bemeranya ko bazajya buhura mu bihe bidahindagur...
Nyuma y’uko ingabo za Uganda zivuye mu gace ka Marianguwaay hafi y’ahitwa Lower Shebelle muri Somalia, bakahasigira ubutegetsi bw’i Mogadishu, abarwanyi ba Al Shabaab bahise bahigarurira. Umuhango wo ...
Nyuma y’Icyumweru kirengaho iminsi mike abacuruzi bo mu mujyi wa Rubavu bahagaritse imirimo batinya ko imitingito yabagirira nabi, mu ntangiriro z’iki Cyumweru akazi kasubukuwe. Hari hashize igihe mur...
Umugabo yaciye mu rihumye abari bashinzwe kurinda inzu mberabyombi aho Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Bwana Carly Nzanzu Kasivita yaganiriraga n’abashinzwe umutekano ajya kumutema. Byabere...
Umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’Africa yunze ubumwe, Madamu Dr Monique Nsanzabaganwa yagiranye ibiganiro na Madamu Winnie Byanyima uyoboye Ishami Rya UN rishinzwe kurwanya SIDA. Barebeye hamwe uko i...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yabajijwe n’abanyamakuru ibyo atangaza ku bivugwa ko Guverineri wa New York Bwana Andrew Cuomo yagombye kwegura, undi avuga ko ibyiza ari uko abantu...
Bwana Andrew Cuomo usanzwe ari Guverineri wa Leta ya New York ari mu bibazo kuko ari gushyirwaho igitutu ngo yegure kubera ibimuvugwaho by’uko hari umugore yahozagaho inkecye amwaka igitsina kug...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Jean Jacques Mupenzi yasuye Akarere ka Rusizi asuzuma uko inzego zitandukanye zishyira mu bikorwa gahunda zo gukura abaturage mu buke...







