Dieudonné Murengerantwari wari umaze igihe gito ari Guverineri wa Banki nkuru y’Uburundi akaba yaratawe muri yombi taliki 07, Ukwakira, 2023, yamenyeshejwe n’ubushinjacyaha ibyo aregwa birimo no kuyis...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo buvuga ko hari ubwato bwari butwaye abantu 11 buva muri Muhanga bugana muri Ngororero bwakoze impanuka harokoka abantu batatu. Abenshi mu bayiguyemo ni abana. Abagenzi ...
Abayobozi b’Intara y’Iburengerazuba, iy’Amajyepfo( zo mu Rwanda) ndetse n’ab’Intara ya Cibitoke mu Burundi bahuriye mu Karere ka Rusizi baganira uko umubano hagati ya Kigali na Gitega watezwa imbere k...
Ba Guverineri b’Intara za Kirundo, Kayanza na Bururi baje mu Rwanda kuganira na bagenzi babo bayobora Intara y’Amajyepfo n’iy’Uburasirazuba ku ngingo y’uburyo impunzi z’Abarundi zashishikarizwa gutaha...
Bisa n’aho byabaye korosora uwabyukaga ubwo Abanyarwanda bategekwaga kujya bishyura bakoresheje telefoni n’ubundi buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa gukwirakwiza COVID-19. Ku ikubitiro benshi ntibabyumv...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu i Nyanza mu Rukari harabera igitaramo cy’inkera y’Umuganura. Ni igitaramo Abanyarwanda bari bwibukiranyeho uko kera bataramaga, uko inyambo zamurikirwaga abashyitsi n’...
Ku ruzi rwa Nyabarongo ku mwaro ukora ku Karere ka Gakenke hagiye kubakwa urugomero ruzatanga amashanyarazi menshi azafasha n’aka Karere kubona menshi kuko ari ko gafite make kurusha utundi mu Rwanda....
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Akarere ka mbere kagaragaramo ibyaha birimo gusambanya abana no gukoresha ibiyobyabwenge ari Gasabo. Gasabo niko Karere konyine kari ku rutonde r...
Ubwo yagiraga icyo abazwa ku izamuka ry’ibiciro rimaze iminsi ku isoko ry’u Rwanda harimo n’igiciro cy’isukari, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Béatha Habyarimana yavuze ko ku byerekeye isukari, im...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi yateranyije Inama idasanzwe yahuje abaturage b’Akarere ka Muhanga n’abayobozi mu Ntara ayoboye abwira abaturage ko hari bagenzi babo bagera kuri 60...









