Sena y’Uburundi yemeje ba Guverineri bashya bo kuyobora Intara z’iki gihugu zirimo n’iziherutse gushingwa bushya. Tariki 04, Nyakanga, 2025 nibwo Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ko hari Intara nshya...
Mugabowagahunde Maurice uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko Akarere ka Gicumbi kagomba kugira inyubako zicyeye n’abaturage bakagira isuku. Nyuma yo gusura ibikorwa byerekana iterambere ...
Soraya Hakuziyaremye uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko iki kigo kigiye gutangira kugura zahabu ikabikwa nk’ubwizigame nk’uko andi madovize abikwa. Amadovize akomeye kurusha ayandi ku isi ni amad...
Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) Dr. Justin Nsengiyumva avuga ko hakenewe gukorwa ubushakashatsi mu bukungu kugira ngo gahunda yo guhererekanya amafaranga no kwishyurana hakoreshej...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, wayoboye Inkiko Gacaca zatangiye mu mwaka wa 2001 yabwiye abari baje kwibuka Abatutsi biciwe i Nyanza ya Kicukiro ko ziriya nkiko zabaye ingenz...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko uko ibintu bihagaze mu bukungu bwú Rwanda byerekana ko ubukungu bw’u Rwanda buzakomeza kuba bwiza mu mwaka wa 2024/2025. Ndetse ngo ubukungu bw’...
Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa ...
Abayobozi ba Nyaruguru, Rusizi, Nyamasheke na Nyamagabe basabwe gutangira kureba uko bafata ingamba zo kuzarinda ko abaturage babo bicwa cyangwa basenyerwa n’imvura idasanzwe izagwa muri Mutarama, 202...
Ikibazo cy’amadolari($) make ku isoko ry’ivunjisha ry’u Rwanda cyafashe intera ndende k’uburyo hari bamwe mu bayavunjaga bayimana ariko nabo bakavuga ko ntayo bafite. Icyakora Banki nkuru y’igihugu yo...
Nyuma yo guhagarikwa mu nshingano bikozwe na Minisitiri w’Intebe ku bubasha yahawe na Perezida wa Repubulika, CG Emmanuel Gasana yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho gukoresha ububasha ahabwa n’It...









