Mu Mudugudu wa Gisenyi, Akagari ka Karengera mu Murenge wa Kirimbi abaturage baherutse gutwika abantu babiri babashinja kwiba Frw 420,000. Igitangaje ni uko nyuma byagaragaye ko ‘atari’ bo bayibye. Um...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hari umugabo witwa Kalinda Viateur uvugwaho gutwikira umwana we mu nzu agapfa. Karinda afite imyaka 35 y’amavuko naho umwana we Iremukwishaka Viateur yari...
Itsinda ry’Abadepite bayobowe na Hon Odette Uwamariya basuye abaturage b’Akarere ka Bugesera, babakangurira kwitabira uburyo bwo gutwika imirambo hagashyingurwa ivu. Bari mu ruzinduko ruri muri gahund...
Bamwe mu batuye umurwa mukuru wa Iraq bazindukiye mu myigaragambyo yamagana itwikwa rya Korowani riherutse kubera muri Suwede. Bahise bagana kuri Ambasade y’iki gihugu barayurira bageze imbere bayiha ...
Ibihugu by’Abisilamu byinshi byo hirya no hino ku isi byamaganye mu buryo bukomeye abantu batinyutse gutwikira amapaji ya Korowani imbere y’Umusigiti uri muri Suwede. Byarakaje ibihugu by’Abisilamu k’...




