Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yakiriye intumwa yihariye y’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yitwa Huang Xia amusobanurira uko ibintu byifash...
Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bimaze kugera ku rwego ruhanganyikishije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres. Asanga bigeze ahakomeye ku bu...
Ibiro by’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bivuga ko byishimiye icyemezo cy’Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi cy’uko uyu Muryango ugiye kujya utera inkunga ibikorwa by’Umuryango w’Afuri...
Ubutegetsi bwa Sudani buyobowe na Gen Abdel Fattah Al-Burhan bwatangaje ko budashaka umugabo witwa Volker Perthes wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu. Ngo ni gashozantambara. Burha...
Bimwe mu bika bigize inyandiko ziherutse gutangazwa zivanywe mu mabanga y’Amerika bivuga ko Amerika yashyizeho uburyo bwo kumviriza ibyo Umunyamabanga mukuru wa UN Antonio Guterres yavuga n’ibyo yandi...
Umuhati w’uko uburinganire n’ubwuzuzanye byakwira ku isi hose waradohotse. Ndetse ngo umaze gutanga icyuho kinini k’uburyo raporo y’Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Abibumbye itangaza ko bizafata i...
Ni ikibazo benshi bibaza. Kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023 nibwo byitezwe ko M23 iri buhagarike imirwano nk’uko iherutse kubyemerera umuhuza Lorenco wari wabakiriye mu Biro by’Umukuru w’igi...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yabwiye abayobozi b’ibihugu bigize uriya muryango ko ibihe isi igezemo bikomeye kandi biteye ubwoba kurusha uko byahoze. Ingero atanga ni ...
Ibi bikubiye mu butumwa Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku bandi banyacyubahiro bari bitabiriye Inama itegura indi yagutse kurushaho yigaga ku iterambere ry’ubuhinzi no kwihaza mu biribwa. Yavuze ...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Bwana Antonio Guterres mu ijambo yagejeje ku batuye isi kuri uyu munsi u Rwanda n’amahanga bizirikana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko Jenos...









