Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...
Umunyabwenge yigeze kuvuga ko amafaranga yose umuntu yaba atunze ashobora gushira. Avuga ko iyo ufashe amafaranga ukayarya ariko ntuhite ubona andi aruta ubwinshi ayo wariye ngo azibe icyo cyuho, bury...
Ubwonko bw’umwana ni nk’ipamba ushyira mu muti ikawunywa. Mu buryo bw’ikigereranyo, ubwonko twagereranyije n’ipamba kuko iyo ubwegereje ibitabo bukogota inyuguti n’ubumenyi zihishemo bukazigumana kuge...


