Perezida Félix-Antoine Tshisekedi aherutse guhagararira isinywa ry’amasezerano hagati ya Kinshasa na Washington yo gucukura amabuye y’agaciro. Ikigo cy’Abanyamerika kizakora ubwo bucukuzi kitwa Kobold...
Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo na Sosiyete Sivile basohoye itangazo rivuga ko ibyemerejwe i Washington hagati ya Kigali na Kinshasa hari abo byir...
Ingingo ikomeye yazinduye Umugaba mukuru w’ingabo za Misiri mu Rwanda ni ukuganira n’ubuyobozi bwazo uko impande zombi zakorana. Lt Gen Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa uziyobora yaraye ageze mu Rwanda mu ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwarangije gutegura no gutanga imbanzirizamushinga y’ibyo rwifuza ko byazashyirwa mu ...



