Mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga haravugwa icyemezo kidasanzwe cyafatiwe abagore batinda mu tubari cy’uko batagomba kurenza saa mbili z’ijoro baragera mu ngo zabo. Ni ibyemerejwe mu Mudugudu...
Umuhungu w’umuraperi P. Diddy witwa Justin Dior Combs w’imyaka 29 yatawe muri yombi na Polisi y’i California imusanze atwaye imodoka yasinze. TMZ yanditse ko imodoka ya Polisi yirukanse ku ya Ju...
Mu masaha ashyira ay’urukerera ku wa Kabiri , umusirikare ufite ipeti rya Corporal yagongesheje imodoka ufite ipeti rya Brigadier General aramwica. Uwakoze ibi yitwa Corporal Abayomi Ebun n’aho uwi...
Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bahanga bakomeye mu itangazamakuru no kuryigisha mu Rwanda. Aherutse gusohora itangazo rigenewe abanyamakuru rivuga ko yashinze ishyaka rya Politiki, yise Rwandese Pl...



