Ahitwa mu Itunda mu Kagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hiriwe inkuru mbi y’umwana w’amezi atanu wahiriye mu nzu nyuma y’uko mukuru we acanye umwambi uramucika ugwa kuri mato...
Abakora iperereza basanze ibisubizo by’ibanze bigaragaza ko indege yo mu bwoko bwa Boeing iherutse gukora impanuka igahitana abantu 179 nta kibazo yari ifite mbere yo kuguruka. Mu minsi mike ish...
Mu byumba bya Sainte Famille byakorerwagamo akazi k’Ibiro haraye hadutse inkongi. Ikinyamakuru Kinyamateka kivuga ko ibyo byumba bisanzwe biherereye ahareba kuri Parikingi yo ku gice cyo hepfo cya Sa...
Muri gare ya Nyamata, imodoka yo mu bwoko bwa Hiace isanzwe itwara abagenzi irahiriye. Yari igiye kwifashishwa mu gutwara abanyeshuri bari kujya gitangira amasomo. Nta muntu wayigiriyemo ikibazo. Iyi ...



