Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...
Icyamamare mu mukino w’igipfunsi Umunyamerika Mike Tyson yaraye akubiswe n’umusore w’imyaka 27 witwa Jake Paul mu mukino yari yavuze ko ari uwo gusezererano akazi yakoze akina iteramakofe. Tyson afite...
Abanyarwanda baca umugani ngo gusaza ni ugusahurwa kandi bajya kuwuca bari bafite ishingiro. Uko imyaka yiyongera ni uko ubushobozi umuntu yari afite bwo kugenda urugendo rurerure, imbaraga zo guterur...
Mu buzima hari ibintu bibiri bitangaza abantu kurusha ibindi. Gusaza no gusinzira. Gusaza ni byo ni ikindi kindi. Abantu bibaza ikintu kiba mu mubiri w’umuntu gituma umusore w’inkorokoro ahinduka umus...



