Guverinoma y’u Rwanda irateganya ko mu mpeshyi ya 2025 hari Rond-Points eshatu zo mu mujyi wa Kigali zizavugururwa mu rwego rwo kurimbisha Kigali no koroshya urujya n’uruza. Minisitiri w’ibikorwa reme...
PAC yavuze ko ubuyobozi bw’Ikigega gishinzwe kwita ku mihanda, (Road Maintainance Fund) bwatashye Imihanda kitasuzumiwe ubuziranenge ikemezwa ko ikomeye ariko ntitinde kwangirika. Ku ikubitiro iki kig...
Inzego zishinzwe ubwubatsi bw’imihanda zatangiye gusana umuhanda Huye-Rusizi waraye utenguwe n’imvura nyinshi n’amazi y’umugezi wa Mwogo uca hagati ya Huye na Nyamagabe ugakomereza mu bindi bice. Nyum...


