Mu Mudugudu wa Byemveni( Bienvenue), Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango haravugwa abasore batatu Polisi iherutse gufata ibakekaho gusambanya umugore w’imyaka 58 nyuma yo kumwib...
Mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza haravugwa umusaza w’imyaka 60 ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka itanu. Uwo musaza asanzwe atuye mu Mudugudu wa Cyegera, b...
Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwanzuye ko umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri akwiye gukurikiranwa afunzwe. Ni igifungo cy’agateganyo mbere y’uko urubanza arwegwamo rujya mu mizi. Bimwe mu bivug...
Umugabo wo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ku Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka itatu. Abaturage babwiye itangaza...
Urukiko Rukuru rwanzuye ko Dr. Kayumba Christopher ahamwa n’icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, rumukatira gufungwa ‘imyaka ibiri isubitswemo umwaka umwe.’...
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho gusambanya incuke ifite imyaka ine y’amavuko. Ni umwana w’umuturanyi w’aho uwo musore yaragiraga inka. Biv...
Amakuru avuga ko mu Murenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza ahari ikigo cy’amashuri kitwa Sainte Trinité de Nyanza hari abarimu bane batawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’uko bafashwe bari...
Hashize iminsi ibiri Urwego rw’ Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umurezi wo mu kigo cy’amashuri cyo mu Karere ka Bugesera rumukurikiranyeho gusambanya abana 10 b’abahungu yigishaga. Byabereye m...
Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye ibyamfura mbi u...
Mu rubanza rwabaye mu Cyumweru gishize rukabera mu Rukiko rwisumbuye rwa Rusizi, Ubushinjacyaha bwagaragaje ko uwo buregwa gusambanya umwana we yamubyaye akiri umusore, amaze gushaka amuzana iwe. Ureg...








