Kuri uyu wa Gatandatu taliki 16, Ugushyingo, 2024 muri Gereza eshanu hirya no hino mu Rwanda habaye gusaka. Abacungagereza basanze muri izo gereza harimo ibintu bitemewe n’amategeko birimo urumogi, te...
Ni imbwa zitozwa zikiri nto kumenya aho ikintu runaka Polisi ikemanga giherereye. Mu byo zisaka harimo ibisasu n’ibiyobyabwenge. Zitabazwa ahari buhurire abantu benshi, aho abayobozi bari buce cyangwa...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe amahugurwa Assistant Commissioner of Police( ACP) Barthelemy Rugwizangoga avuga ko yaba Polisi cyangwa urundi rwego rw’umutekano w’u Rwanda rugomba gutera int...


