Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa 18 Nyakanga hatangira gahunda yo gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye, mu midugudu igize Umujyi wa Kigali n’Uturere umunani turi muri guma mu rugo....
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kuvuga byinshi nyuma y’imyanzuro yatangajwe n’Urwego rw’Iterambere (RDB) ku mabwiriza ajyanye na Guma mu rugo iteganyijwe ku wa 17 – 26 Nyakanga 2021 mu ...
Guhera kuri uyu wa Gatandatu, abaturarwanda bazinjira mu minsi 10 yo kuguma mu rugo nka bumwe mu buryo bwo guhagarika ikwirakwira rikabije ry’ubwandu bushya bwa COVID-19. Kubera ko ubuzima bw’abantu b...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko hari abantu bakeya bakingiwe COVID-19 ariko bayandura bakaremba ndetse bagapfa, bitewe n’indwara zikomeye bari basanganywe. Yabigarutseho kuri uyu w...
Abantu biringiraga resitora gusa ngo babashe gukora ku munwa, mu minsi ibiri isigaye bagomba kwiyegereza ishyiga rya gaz, amashanyarazi cyangwa imbabura, kugira ngo bazabyifashishe muri guma mu rugo k...
Kubera ubwiyongere budasanzwe bwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, inama y’abaminisitiri yafashe icyemezo ...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko kubera imibare y’abanduye COVID-19 yakomeje kwiyongera cyane, imirenge ya Rwamiko mu Karere ka Gicumbi na Bwishyura mu Karere ka Karongi, yashyizwe muri...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga avuga aho icyorezo kigeze, umwanzuro wagombaga gufatwa na Guverinoma ari Guma mu Rugo y’Igihugu cyose arik...
Umunyamabanga Mukuru wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburengazira bwa muntu Bwana Olivier Rwamukwaya yavuze ko mu gihe cya Guma mu Rugo, Polisi itigeze ibangamira abanyamakuru, akemeza ko abafunzwe baf...








