Abana bafite ubumuga ku isi babarirwa muri Miliyoni 100. Ni imibare yatangajwe tariki 03, Ukuboza, 2021 ubwo Isi yazirikanaga abantu bafite ubumuga n’uruhare bafite mu iterambere ry’isi. Ku ruhande rw...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ugushyingo, 2021 ku Intare Arena harabera Inteko y’Abagore bo mu Muryango FPR –Inkotanyi. Kuri Twitter y’uyu Muryango handitseho ko ab...
Ubushinjacyaha bwajuririye urubanza Urukiko Rukuru rwahamijemo ibyaha Niyonsenga Dieudonné wamenyekanye nka Cyuma Hassan ufite umuyoboro wa YouTube witwa Ishema TV, uheruka gukatirwa gufungwa imyaka i...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko guma mu rugo yasize umubare w’ubwandu bushya n’abajyanwa mu bitaro kubera COVID-19 ugabanyutse mu Mujyi wa Kigali, ikibazo gisa n’icyimukiye mu...
Mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro hari umuyobozi uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko ibonye ibirego by’uko yanyereje umuceri, akawunga n’ibishyimbo byari bigen...
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19, aho guma mu rugo yaherukaga gushyirwaho mu Mujyi wa Kigali n’Uturere umunani yakuweho. Imyanzuro yafashwe kuri uyu wa G...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze kuhaga...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo gushimangira intambwe imaze guterwa mu kugabanya umubare w’abanduye COVID-19 n’abahitanwa nayo, yongereye iminsi itanu ku gihe cyo gushyira mu bik...
Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo wo mu Mujyi wa Kigali wafashwe atwaye mu modoka umukozi wo mu rugo rwe urwaye COVID-19, arimo kugerageza kumusubiza iwabo mu karere ka Huye. Uyu mugabo yerekanywe k...
Ibipimo bya Minisiteri y’Ubuzima byagaragaje ko Umujyi wa Kigali ukomeje kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’uko ibyafashwe kuri iki Cyumweru bigaragaje abantu 2225 bashya banduye. Bivuze ko a...








