Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bweretse itangazamakuru abantu batandatu bakekwaho kwiba imodoka bari bakodesheje ba nyirazo. Abo basore uko ari batandatu bavugwaho gukodesha imodoka na ba nyirazo babas...
Uwo ni uwamenyekanye nka Sarpong akaba yari umufana ukomeye wa Rayon Sports. Mu minsi mike ishize yahisemo kujya muri APR FC ayibera umufana. Byaratangajwe cyane mu itangazamakuru kuko byari ibintu bi...
Depite Gloriose Uwanyirigira hamwe na bagenzi be bagize Komite mu Nteko ishinga amategeko ishinzwe kugenzura uko umutungo wa Leta ukoreshwa bavuga ko bibabaje kuba Leta ikodesha inzu ikoreramo kandi h...


