Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinée, Lt Général Mamadi Doumbouya, watangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Uyu muyobozi yageze mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane. Akaba a...
Colomel Mamadi Doumbouya uyobora Guinea atagerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane taliki 25, Mutarama, 2024. Uyu musirikare ayobora igihugu giherereye mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’Afurika na...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Repubulika ya Guinée y’ubufatanye mu bwikorezi bwo mu kirere, ubukerarugendo n’ubucuruzi. Mu isinywa ry’aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe n’Umun...
Ubwo abasirikare barinda Perezida wa Guinea Bissau bakiraga uw’u Rwanda Paul Kagame wari wamusuye mu ruzinduko rw’akazi, baririmbye indirimbo irimo ibigwi by’ingabo z’u Rwanda. Ni indirimbo irim...
Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo byatanga igisubizo ku...
Perezida wa Guinea Bisau witwa Umaro Sissoco Embaló yatangaje ko igihugu cye cyakiriye Bozizé wahageze kuri uyu wa Mbere. François Bozizé ubu afite imyaka 76 akaba yari amaze imyaka hafi itatu aba...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko muri Equatorial Guinea hongeye kuboneka umurwayi w’indwara yitwa Marburg. Abaganga bavuga ko iyi ndwara ifitanye isani na EBOLA ku...
Teodoro Obiang Nguema Mbasogo w’imyaka 80 y’amavuko niwe watangajwe ko yatsindiye kuyobora kiriya gihugu muri manda ye ya gatandatu. Asanzwe ari Perezida umaze igihe kinini ku isi ‘ayobora igihugu.’ ...
Perezida Umaro Sissoco Embalo n’itsinda ayoboye basuye agace kahariwe inganda kari i Masoro mu Mujyi wa Kigali. Uyu mugabo uyobora Guinea Bissau ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, kuri uyu wa...
Ubwo yakiraga mugenzi we uyobora Guinea Bissau uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, Perezida Kagame yamubwiye ko u Rwanda rwifuza gukomeza ubufatanye rufitanye na Guinea Bissau mu nzego z’ubure...









