Inkuba yaraye ikubitiye abantu batatu muri Gisagara bari bahinga bahita bajyanwa kwa muganga, nyuma umwe agwayo. Byabereye mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Kibilizi, Akagari ka Ruturo, Umudugudu wa ...
Ikigo cy’igihugu kita ku buhinzi n’ubworozi, RAB, kivuga ko impamvu ikomeye ituma umusaruro w’ibirayi urumba, ari uko abahinzi babihoza mu murima ntibabisimbuze ibindi myaka. Guhoza igihingwa kimwe mu...
U Rwanda ni igihugu kidakora ku nyanja kandi kitagira amabuye y’agaciro menshi cyane nk’uko bimeze ahandi. Gifite imisozi, ibibaya n’ibisiza kandi aho hose hari inzuzi n’imigezi ndetse n’ibiyaga bikik...
Nyuma y’u Buhinde, Uganda niyo ya kabiri ku isi mu kweza urutoki rwinshi. Ugereranyije ubuso bwa Uganda n’ubw’u Buhinde, ukibuka ko ubuhinde buruta Uganda inshuro 14, watekereza ko Uganda ihinga uruto...
Umukuru w’u Burundi Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa Kabiri yasuye abatuye Muramvya yigisha abaturage uko bahinga bya kijyambere. Yari kumwe n’abayobozi bo muri kariya gace n’abandi bayob...




