RIB ibisabwe n’Ubushinjacyaha yafunze Ingabire Victoire Umuhoza kugira ngo akorweho iperereza ku byaha ubushinjacyaha bumukurikiranyeho. Hari nyuma y’icyemezo cy’Urukiko Rukuru mu r...
RIB yemeje ko yataye muri yombi Ntazinda Erasme wayoboraga Akarere ka Nyanza nyuma yo kweguzwa n’Inama idasanzwe ya Njyanama yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 15, Mata, 2025. Bivugwa ko yazize kuna...
Mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze hari umwana w’umukobwa w’imyaka 12 urera abavandimwe be batatu. Abaturanyi b’abo bana babwiye itangazamakuru ko abo bana bagiye kumara imyaka ibiri bibana. Abab...
Inteko ishinga amategeko ya Madagascar yemeje ko umugabo uzajya uhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya akonwa. Gukona ni ukubaga udusabo tw’intanga ngabo ku buryo umuntu atazongera kugira ubusha...
K’ubufatanye n’izindi nzego, nyuma y’igihe bakorwaho iperereza, RIB yafunze abantu batatu barimo Harerimana Mutien Marie wari Enjeniyeri. Yafashwe akekwaho gucura no gukoresha icyangombwa ...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo bane barimo abapasiteri babiri, bose bakaba bakurikiranyweho impapuro mpimbano. Bose ni abayoboke b’itorero ADEPR. Abo bafunzwe ni Pasiteri Frodouard Karamuka,...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwaraye rwemeje ko ubujurire bwa CG (Rtd) Emmanuel Gasana, budafite ishingiro bityo ko icyemezo cyo kumufunga by’agateganyo cyafashwe n’urw’ibanze rwa Nyagatare kiguma...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko umunyamakuru akaba na nyir’igitangazamakuru Ukwezi TV,Manirakiza Théogène afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Akurikiranyweho icyaha cyo gukangisha gusebanya....
Sylvia Bongo Ondimba Valentin yaraye afungiwe iwe n’abasirikare bari ku butegetsi muri Gabon bamushinja ko kugira uruhare rutaziguye mu inyerezwa ry’umutungo wa Gabon wari ubitswe muri banki zitanduk...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha( Rtd) Col Jeannot Ruhunga aherutse kuvuga ko burya aho gufungwa mu mibyizi rwagati nko ku wa Kabiri, ku bw’amaburakindi umuntu yafungwa ...








