Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse kwemeza ko hatangizwa inyigo yo kumenya no gutangira gucukura petelori mu mariba 52 mashya. Inama y’Abaminisitiri yataranye tariki 02, Gicurasi...
Rwagati mu Bushinwa ahitwa Wangu havumbuwe ikirombe cya zahabu ubutegetsi bwa Beijing buvuga ko ari cyo cya mbere kinini ku isi. Bagenekereje basanga gifite agaciro ka miliyari $80. Ikigo gishinzwe ub...
Minisitiri muri Uganda ushinzwe iby’ingufu no kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro witwa Ruth Nankabirwa aherutse kubwira itangazamakuru ko hari ahantu 74 hamaze gutunganywa ngo hazacukurwe ibikomoka k...
Mu Murenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi hapfiriye abaturage batanu bazize Gazi yabatunguye ubwo bari bagiye gukamya amazi yari yaretse mu kirombe cy’amabuye y’agaciro kugira ngo cyongere gikoreshwe....
Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo...
*Icyumweru kiruzuye abaguye mu mwobo wa metero 80 bataboneka… Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo CIP Emmanuel Habiyaremye avuga ko ku Cyumweru taliki 23, Mata, 2023 ubwo abari ...
Abakorera imiryango iharanira uburenganzira bw’abana bavuga ko ibirombe bicukurwamo ibuye ry’agaciro ryitwa Cobalt ari byo bigwamo abana benshi bagapfa. Kubera ko bisa n’aho ibigo bicukura ririya buy...






