Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika wa Democratic Green Party of Rwanda, Dr. Frank Habineza, yavuze ko mu minsi 11 amaze yiyamaza hirya no hino yabangamiwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma ...
Mu bihe bitandukanye amashyaka PSD na Green Democratic Party arageza kuri Komisiyo y’amatora inyandiko zerekana ko ashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay”A...
Minisiteri y’Ibidukikije itangaza ko u Rwanda rugiye kumurikira isi imishinga iteza imbere ibidukikije rwashoyemo binyuze mu kigega FONERWA. Muri yo harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na K...
Ubwato bunini bwari bupakiye ibicuruzwa byinshi bugahura n’impanuka yatumye bumara hafi Icyumweru bwarafunze ubunigo bwa Suez mu Misiri( canal of suez) bwakuwemo. Bibaye nyuma y’igihe kirekire abantu ...



