Mu rwego rwo kwifatanya na Leta y’u Rwanda mu kugabanya ibyuka ibinyabiziga byohereza mu kirere, mu Mujyi wa Kigali hakomeje gutangizwa uburyo bworohereza abamotari cyangwa abandi babishaka gutunga mo...
Nyuma yo gukura amanota atatu kuri Stade Ubworoherane itsinze Musanze FC igitego 1-0, Rayon Sports ikomeje kwishimira intsinzi no gushimisha abayifana. Kuri uyu wa Gatatu hatangiye gukinwa imikino y’u...
Myugariro Rutanga Eric wamaze igihe ari mu bakomeye muri Rayon Sports ubu yerekeje muri Gorilla FC. Kuri uyu wa Kabiri nibwo Gorilla FC yahaye ikaze Rutanga Eric, ibimenyesha bose binyuze ku ifoto ba...
Mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera kuri uyu wa mbere, APR FC yatsinze ibitego bitatu ku busa Gorilla FC. Iyi kipe yasabwaga nibura inota rimwe ngo ibone itike yo kujya mu makipe umunani azakin...



