Inzego z’ubyobozi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zimaze kubarura abantu 31 bishwe n’iruka rya Nyiragongo ryo ku wa 22 Gicurasi, ndetse ibihumbi byinshi by’abaturage bavanywe mu byabo. Iyi mibar...
Umugabo yaciye mu rihumye abari bashinzwe kurinda inzu mberabyombi aho Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Bwana Carly Nzanzu Kasivita yaganiriraga n’abashinzwe umutekano ajya kumutema. Byabere...

