Hari Taliki 12, Kamena, 2022 ubwo abarwanyi ba M23 bashushubikanyaga ingabo za Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo zimwe zihungira muri Uganda zambukiye ku mupaka wa Bunagana. Mu rwego rwo kwere...
Abanyarwanda bacururiza i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bazindukiye ku nkecye y’abagaragambyaga babirukanye mu maduka yabo kugira ngo bayasahure. Hari amwe yasahuwe andi ntiyasahurwa kub...
Abaturage basanzwe bafite ibyanya bacururizamo mu isoko riri i Rubavu ahitwa Mbugangari mu Murenge wa Gisenyi baraye bakoze ‘igisa’ n’imyigaragambyo bamagana ubuyobozi bw’aka...
Abaturage b’i Goma bafite ubwoba bw’uko Ikirunga Nyiragongo gishobora kongera kuruka vuba aha. Ubwoba bwabo buraterwa n’uko hashize iminsi bumva imitingito itaremereye cyane ariko ishobora kuba ikime...
Abaturage benshi bamaze kuva mu byabo bahunga imirwano yatangijwe n’inyeshyamba ku ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bice bya Chanzu na Runyoni muri Rutshuru. Bikekwa ko abagabye ibyo bit...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gitwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir, cyatangaje ko uko iminsi igenda yicuma ari ko kigenda kizanzamuka, kikivana mu bibazo cyatewe n’icyorezo COVID-19. Bidatinze k...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’ibirunga mu mpera z’Icyumweru gishize(hari ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021) basohoye itangazo ribwira abaturiye ikirunga cya Nyiragongo kugira ibyo bitwara...
Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Lieutenant General Constant Ndima, yageze i Beni kuri uyu wa 17 Nyakanga, aho yimuriye by’igihe gito ic...
Ibintu bikomeje guhindagurika buri kanya bijyanye n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwategetse ko abatuye igice kimwe cy’Um...









