Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga giherereye i Goma cyasabye abaturage b’aho kuba biteguye ko igihe icyo ari cyo cyose bahunga kubera ko hari ibimenyetso by’uko ikirunga cya Nyamuragira ‘gishob...
U Burundi burohereza abasirikare 100 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo zifatanye n’iza EAC mu bikorwa byo kurwanya imitwe imaze iminsi ica ibintu mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu. Umunyamaba...
‘Bisa n’aho’ intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yazindutse yafashe indi sura. Amakuru aturuka mu Mujyi wa Kitshanga avuga ko ingabo za DRC zazindutse zirasa i...
N’ubwo abaturage b’i Goma bavuga ko badashaka ingabo z’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bazishinja gukorana na M23, umuhuza Uhuru Kenyatta yasabye ahubwo ko zoherezwa yo ku bwinshi. Kenyatta avuga...
Abantu bataramenyakana barashe indege ya MONUSCO kuri iki Cyumweru taliki 05, Gashyantare, 2023 umuntu umwe mubari bayirimo ahasiga ubuzima, undi arakomereka cyane. Byabereye mu Mujyi wa Beni mu Ntara...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...
Mu rwego rw’akazi ke k’ubuhuza, Uhuru Kenyatta yaraye ageze i Goma kureba uko ibintu byifashe. Muri uyu mujyi kandi niho ingabo z’igihugu akomokamo, Kenya, zikambitse mu gihe zitegura gutangira guhan...
Nyuma y’uko byavugwaga ko abarwanyi ba M23 barangamiye kwigarurira Kibumba, ubu amakuru avugwa ni uko baraye bafashe ahitwa Ntamugenga. Ni mu ntambara yongeye kubura ku wa Kane taliki 20, Ukwakira, 20...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Mujyi wa Goma abaturage bariye karungu. Bazindutse bigaragambya bamagana MONUSCO bakavuga ko ntacyo ibamariye ndetse bamwe bashumitse imodoka ya MONUSCO irako...
Itangazo rigenewe abanyamakuru ryatangajwe n’abateguye Inama y’Abakuru b’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo igamije kureba uko ikibazo kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya C...









