Gutinya ko intambara yabasanga mu ngo zabo byatumye bamwe mu baturage ba Goma bahungira mu Rwanda. Amashusho yatangajwe na RBA arerekana bamwe muri bo bahagaze mu mihanda y’i Rubavu bategereje inshuti...
Madamu Angie Motshekga uyobora Minisiteri y’ingabo za Afurika y’Epfo ari i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuganira n’ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu ku cyakorwa ngo M23 isubizwe inyuma. ...
I Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye inama yahuje intumwa z’u Rwanda, iza DRC n’abahagarariye Angola, ikaba yemerejwemo ko hajyaho itsinda rito ry’ingabo zizagenzura niba agahenge bi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo amakuru yamemyekane ko inzego z’umutekano za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zafunze umupaka witwa Grande Barriere uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Uyu mupaka us...
Ikigo cyo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gishinzwe kureba imikorere y’ibirunga kitwa l’Observatoire Volcanologique de Goma (OVG) gitangaza ko ikirunga cya Nyamulagira gikomeje kuruka. Cyabitan...
Itsinda ry’abatabazi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abasirikare ba SADC biganjemo abo muri Afurika y’Epfo ryasanze ubwato buherutse kucurangurira abagenzi mu kiyaga cya Kivu bwararohamye ...
Edmond Bahati wari umuhuzabikorwa wa Radio Maria y’i Goma yishwe arashwe n’abantu batazwi. Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu nibwo yishwe. Abitwaje intwaro barasiye uriya munyamakuru ku muhanda ...
Goma: Umuyobozi w’umujyi wa Goma witwa Faustin Kapend Kamand avuga ko ku wa Gatandatu ushize hari abantu 15 barimo n’Abanyarwanda bafatiwe mu Mujyi wa Goma bakurikiranyweho gushaka abantu bo kwinjiza ...
Mu Mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafite ubwoba ko ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka kikabavana byabo. Ku wa Gatanu ,ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, (18h30...
Imibare igikusanywa iravuga ko mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byahitanye abasivili bagera muri 11. Muri abo bapfuye harimo abana n’abagore. Iyo bisasu byarashwe aho byarakaje abaturage bituma...









