Mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umugabo wasanze hari undi mugabo uri kumusambanyiriza umugore amukubita ikibando aramwica. Uvugwaho ubu bwicanyi ni umugabo ukiri muto( ...
Mu Murenge wa Juru uri mu Karere ka Bugesera abaturage bavuga ko hari umwe muri bo bakubiswe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge none izo nkoni zamuviriyemo urupfu. Uwapfuye yitwa Olivier Ha...
Mu Karere ka Muhanga Umurenge wa Nyamiyaga urukiko rwisumbuye rw’uyu Murenge rwaraye rukatiye uwari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’uyu Murenge witwa Jean de Dieu Kubwimana na rwiyemezam...
Mu Mudugudu wa Kalima n’uwa Duwani mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango hari abaturage babwiye itangazamakuru ko ubuyobozi bw’uyu Murenge buri kumwe n’abakozi ba REG babasab...
Mu Kagari ka Gisayura, Umurenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi hari amakuru avuga ko Umuyobozi nshingwabikorwa w’aka Kagari n’umukozi wako ushinzwe imibereho myiza y’abaturage( SEDO) batawe muri yomb...
Gitifu( umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari) urebye niwe pfundo ry’imiyoborere yegerejwe abaturage. Kubera ko ba Mutwarasibo na ba Mudugudu ari we baha raporo akayigeza ku bamukuriye barimo na Njy...
Abaturage bo mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Nyamasheke babwiye Taarifa ko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari kabo witwa Elias Ntihemuka yandavura kandi akabima serivisi nz...
Uwari usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nkungu kari mu Murenge wa Munyaga muri Rwamagana(ubu yahagaritswe mu nshingano) yakoresheje ubukwe mu mpera z’Icyumweru gishize mu babutash...
Amakuru Taarifa ikesha umunyamakuru wa Flash FM wakurikiranye iburanisha ry’urubanza rwa mbere hagati ya mugenzi we bivugwa ko yakubiswe n’Umukuru w’Umudugudu, umushinjacyaha yavuze ko Komanda wa Poli...
Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga ko yanditse mbere asaba kwe...









