Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali, Alexis Bucyana n’uw’Akagari ka Agateko, Ephrem Ndagijimana batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo kwaka no kwakira ruswa. Iyo ruswa bayakaga k...
Umurenge wa Gahanga ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Kicukiro. Mu minsi yabanjirije n’ikurikiye Ubunani ubujura bukorwa n’abitwaje intwaro gakondo bwariyongereye none abatuye Akagari ka Kagasa b...
Mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana hari abacuruzi bavuga ko bagura n’abanyerondo ibikoresho cyangwa imyaka runaka ku giciro gito bibwira ko ari ibyabo nyamara ari ibyo bibye abaturage. Abo...
Imiryango imwe n’imwe itsimbaraye ku myemerere ya kidini yo mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Rusera mu Karere ka Kayonza, ivugwaho gukura abana mu ishuri ngo ntibihuje n’imwemerere yabo. Bavu...
Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Ukuboza, 2022 abana bo mu Murenge wa Ngororero baturikanywe na grenade umwe arapfa undi arakomereka cyane. Uwapfuye yitwa Tito Mugisha n’aho uwakomeretse yitwa Thomas Niyon...
Mu Mudugudu wa Bushoka, Akagari ka Gasiza, Umurenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke haravugwa imbwa z’inyamusozi zirya amatungo y’abaturage. Batanga urugero rw’uko hari imbwa ebyiri ziherutse kwica ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imibereho myiza, Madamu Martine Urujeni yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Remera mu Kagari ka Nyabisindu I barimo n’abakora uburaya ko Imana ishobora kubafasha k...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira uwa Kane taliki 13, Ukwakira, 2022 abajura bataramenyekana bibye ikigo cy’amashuri kitwa TVET Nemba kiri mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke ibiribwa aban...
Mu Kagari ka Nyakamira, Umurenge wa Rwankuba mu Karere ka Karongi haravugwa umusore wiyahuye akoresheje umugozi biranga, abonye byanze ashaka umuti wica bita aside arawunywa ariko ntiyapfa. Umuturage ...
Mu Kagari ka Kazirabonde, Umurenge wa Ngamba Mu Karere ka Kamonyi hari umugabo witwa Nsabimana Didace wiyahuye nyuma yo kwica umugore we. Yanditse ibaruwa isobanura impamvu z’ibyo yakoze n’uko a...









