Amakuru Taarifa izindutse imenya avuga ko mu Mu Mudugudu wa Nyamise, Akagari ka Kabaliza mu Murenge wa Rutunga hari umugabo waciye mugenzi we umutwe bapfa agataro k’ibijumba byeze mu murima bafatanyij...
Mu Murenge wa Rugerero, Akarere ka Rubavu hari inkuru y’umwarimu witwa Rucagu Boniface wakubiswe agirwa intere n’abagizi ba nabi. Yari avuye mu masengesho ya mu gitondo bita ‘Nibature’. Kuri uyu wa Ga...
Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda. Aba bayobozi bose bari bamaze igihe m...
Mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru ya Gitifu witwa Tumusifu Jérôme wagonze abaturage babiri kubera ubusinzi. Uyu mugabo kandi mu mwaka wa 2020 yigeze gukubita umwana wari ufite imyaka 15 y’...
Mu Biro by’Akagari ka Nyakogo mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’uko habonetse umubiri w’umuntu umaze imyaka icyenda(9) apfuye. Umuyobozi w’Umurenge wa Kinihira witwa Jeann...
Abagabo babiri n’umugore umwe bo mu Murenge wa Rubavu bakurikiranyweho kwiba inka y’umuturage bakagurisha inyama. Ku wa gatatu taliki 08, Werurwe, 2023 nibwo bivugwa ko bariya bantu bibye iriya nka ba...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira ari i Nkumba aho abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Burasirazuba bateraniye mu itorero. Yababwiye ko ingengabit...
Umugore witwa Martha aravugwaho kwica umugabo we hanyuma umurambo akawutaba mu gikari. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare aho byabereye avuga ko uriya musaza( yari afite hejuru y’im...
Ubwo yatangizaga itorero ry’abayobozi b’utugari two mu Ntara y’i Burasirazuba riri kubera i Nkumba mu Karere ka Burera, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora MINUBUMWE yakebuye abayobozi muri rusange ko...
Ba Gitifu b’utugari 68 bo mu karere ka Nyamasheke babwiye ubuyobozi bw’aka karere bakoreramo ko ubwo bahawe moto, bagiye kurushaho kwegera abaturage. Bazihawe mu rwego rwo kubunganira mu kuzuza inshi...









