Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...
Mu ibaruwa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yandikiye Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith harimo ko agomba gukuraho icyemezo cyo kwirukana Ndagijimana Froduard wari...
Mu Kagari ka Gatereri, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi hari umugabo ushakishwa akekwaho gutwika hegitari ebyiri z’ishyamba rya Leta ngo aratwika ibiyorero. Ishyamba ryahiye ni irihuriweho n’Umu...
Mu Mudugudu wa Mata mu Kagari ka Muhanga, Umurenge wa Muhanga hari abaturage basaba gusubizwa umuyoboro w’amazi bakuruye bayakura mu isoko hanyuma barawamburwa uhabwa rwiyemezamirimo ngo awucunge. Kuw...
Mu Murenge wa Busoro mu Kagari ka Kimirama mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wakuyemo inda yari ifite amezi umunani ajugunya uwo mwana mu mwobo. Uwo mugore afite imyaka 34 y’amavuko, bikavugwa ko ...
Abatuye Imirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n’ubujura kugera n’ubwo abo bajura bakwambura ibyo ufite, bakaguhondagura bakarenzaho no kwambura imyenda bakagusiga uko wavutse. Ihene bakwibye bayi...
Mu Mudugudu wa Kadahenda mu gasanteri ka Gakingo mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze haravugwa urupfu rw’umugabo waguye hafi y’iwe azize urwagwa yari yanyoye nyuma y’intego yari ahawe n...
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri n’’Utugari babiri bo mu Karere ka Rulindo bakuwe mu nshingano zabo. Bivugwa ko bazira kutuzuza inshingano zabo neza no gukoresha ububasha bafite mu nyung...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Murama witwa Habarurema Sauteur akurikiranyweho kwaka umuturage Frw 5,000 ngo amuhe serivisi. Aka kagari kaba mu Murenge wa Bweramana Akarere ka Ruhango. Umu...
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu witwa Habanabakize Etienne yishwe n’inyama y’inka itogosheje yamiranye amerwe menshi ihera mu muhogo imuheza umwuka. Yageze m...









