Taarifa Rwanda yamenye ko hari ba Gitifu bane b’Imirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke bandikiye ubuyobozi babumenyesha ko beguye, gusa nta mpamvu y’ubwegure bwabo turamenya kugeza ubu… Ak...
Nyuma yo gukoreshwa urugendo rurerure avanywe aho yari yafatiwe avugwaho kwiba, umugabo witwa Tuyisenge Bernabe w’imyaka 31 wo mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu Kigo Nderabuzima cya Nyakabuye. Bya...
Emmanuel Hitimana wo mu Mudugudu wa Kabere, Akagari ka Nyagishubi, Umurenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi yafashwe nyuma y’uko inzego zisanze iwe hahinze urumogi. Abaturanyi be bavuga ko batunguwe ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi witwa Gérmain Nteziyaremye n’umukozi wa RIB witwa Francine Gatesi bakurikiranyweho ruswa. Amakur...
Kuri iki Cyumweru tariki 16, Gashyantare, 2025 mu Mirenge ya Gihombo, Kirimbi, Macuba na Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke habaye ikiza cyatewe n’inkubi yasenye inzu z’abantu bagize ingo 24. Bagiye guc...
Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...
Mu Mudugudu wa Karengere, Akagari ka Mbuga mu Murenge wa Nyabinoni mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo w’imyaka 29 wahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo. Ntiharamenyekana neza uko rungana ariko am...
Abagabo babiri bashyamiranye, uwari ku ruhande aje kubakiza ngo batarwana umwe amukubita igipfunsi yitura hasi, ntiyashirwa amukubita ipiki aramwica. Uwabikoze yahise afatwa. Amakuru avuga ko saa kumi...
Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa ...
Abavandimwe batatu bo mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo baraye bakubiswe n’inkuba irabica. Bose bari bakiri bana bari basigaye mu nzu Nyina asohotse. Byabereye mu Mu Mudugudu wa Gikumba, Akaga...









