Hari Abakuru b’Imidugudu yo mu Karere ka Musanze bavuga ko bakeneye telefoni zabo bwite kandi zikoresha murandasi kugira ngo bajye batanga raporo z’akazi batiye abaturage. Abaganiriye n’itangazamakuru...
Mu Karere ka Nyamagabe hari abayobozi basabwe kwegura barabyanga, abavugwaho ibyo ni Umuyobozi w’Ishami ry’Imiyoborere n’Umuyobozi mu biro by’Inama Njyanama. Icyakora hari abandi babyumvise barabyumva...
Umwe mu bantu batanu bari bagiye gucukura amabuye y’agaciro mu kirombe kiri Mudugudu wa Muheta, Akagari ka Kanyana, Umurenge wa Rugengabari muri Muhanga bakagwirwa nacyo, yapfuye. Amakuru avuga ko bam...
Gitifu w’Akagari ka Sholi mu Murenge wa Nyamabuye n’ushinzwe umutekano batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita no kunegekaza umuturage, ajyanwa mu bitaro. Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera kuri Sit...
Abayobozi b’Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo nyuma yo kumenya ko umukecuru Mukandoli Ange ashonje babisomye kuri Taarifa Rwanda, bagiye kumusura imbokoboko. Aho ba...
Uwo ni Alfred Antoine Uzabakiliho umaze igihe akoresha amazina ya Gitifu Sebatware kuri X akibasira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu buryo bweruye. Ibigo bikora ubushakashatsi kuri Jenoside ya...
Nyuma yo kubitswa amafaranga n’abaturage agakoramo akagira ayo yiguriza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi kugira ng...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kigarama k’ubufatanye n’umuryango witwa Upendo Wa Mungu[Urukundo rw’Imana], bwamurikiye ababyeyi babiri barokotse Jenoside inzu basaniwe, undi umwe ahabwa iyuzuye. Byakozwe mu...
Mu rukiko rwisumbuyue rwa Muhanga haraye habereye iburana ry’ibanze-mbere y’uko urubanza rujya mu mizi-mu rubanza ruregwamo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umu...
Mu nkuru iheruka yavugaga ku Karere ka Nyamasheke, Taarifa Rwanda yari yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu Mirenge ine muri 15 ikagize, bari beguye ariko Nyobozi itarabyemeza. Kuri uyu wa...









