Kagame avuga ko Abanyarwanda bakwiye kutemera ko hari uwo ari we wese uzabasaba gutega ijosi ngo bicwe hanyuma ngo babyemere nk’uko byagenze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu myaka 31 ishize. Yababw...
Abatuye Umudugudu wa Kagara, Akagari ka Musezero, Umurenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bashobora kwiruhutsa nyuma yo kumenya ko Polisi yafashe abantu bari basanzwe batega abacuruzi bajya kurangura b...
Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Minisitiri w’uburezi Dr. Gaspard Twagirayezu ubwo yatangizaga ibizamini birangiza amashuri abanza, yasabye ababyeyi korohereza abana ngo basubiremo amasomo, ntibabime umwanya babaha indi mirimo. Yasab...
Agikandagira mu gihugu cye, Perezida Mamadi Doumbouya yanditse kuri X ko we n’itsinda yari yazanye naryo mu Rwanda bishimiye uko bakiriwe. Asanga kugeza ubu Abanyarwanda n’abanya Guinea ari abavandimw...
Amakuru dukesha umwe mu bari ku Gisozi, avuga ko mu masaha ashyira umugoroba hari inkongi yadutse mu gice gituriye agakiriro ka Gisozi. Ntituramenya mu by’ukuri ibyahiye uko bingana ariko uwaduhaye am...
Iryamukuru Etienne wamamaye mu itsinda afatanyije na mugenzi we witwa Japhet rikina umukino bise ‘Bigomba Guhinduka’ aherutse gutegwa n’abagizi ba nabi baramuniga baramwambura bamusiga avirirana. Bya...
Agakiriro ka Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali haraye gafashwe n’inkongi mu gice kibikwamo imbaho zirashya ziratokombera! Mu ijoro ryo ku itariki 12 Gashyatare 2023 nibwo byabaye. Polisi ...
Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku bantu basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga yavuze ko yababajwe...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bagasigara bonyine mu muryango bashinze itsinda bise Imena Family ryihaye intego yo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside ariko batigeze bashyingurwa kuko bitazwi aho ...









