Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhnzi n’ubworozi, (RAB), cyatangaje ko mu Rwanda hari inganda zirindwi zitunganya amata. Ziri hafi kunganirwa n’urundi runini ruri hafi kuz...
Mu rwego rwo kuzamura urwego rw’imibereho y’abatuye ibyanya bikomye, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyageneye abaturiye Pariki ya Gishwati Mukura miliyoni Frw 490. Intego ni uko ayo mafar...
Aborozi b’inka bo mu bikuyu bya Gishwati banenga ubuyobozi bw’uruganda rubatunganyiza amata kutababwira uko imigabane barufitemo ihagaze kuko ngo hari amakuru bafite avuga ko rwahombye. Binubira ko nt...
Mu Karere ka Nyagatare hagiye kuzura uruganda rukora amata y’ifu. Ruzajya rukusanya amata y’inka zo muri Nyagatare, muri Gatsibo, muri Kayonza no muri Kirehe. Ni two turere dufite inka nyinshi kurusha...
Abaturage bo mu Turere twa Rutsiro, Ngororero, Nyabihu na Rubavu bavuga ko hari igikoko gituruka muri Pariki ya Gishwati-Mukura kica inyana zabo. Kugeza ubu kimaze kwica izirenga enye kandi inyinshi z...
Kubera ko ari igihugu gito kandi gituye mu gace gakize ku rusobe rw’ibinyabuzima, u Rwanda rwasanze ari ngombwa gushyiraho ingamba zituma ibinyabuzima birutuye bibungwabungwa. Imwe mu ngamba rwafashe...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere( RDB) cyasohoye itangazo rikubiyemo amabwiriza mashya areba abantu bose bifuza gusura ahantu nyaburanga mu Rwanda arimo na za Pariki.Ni amabwiriza ashingiye ku by...






