Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yabwiye abapolisi bari bamaze umwaka urenga batorezwa kuba ofisiye ko badashinzwe umutekano gusa, ahubwo bagomba no kugira uruhare mu iterambere ry’Abanyarwand...
Abapolisikazi 100 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro kuri uyu wa Mbere taliki taliki 08, Mutarama, 2024 batangiye amahugurwa bazamaramo ibyumweru bibiri abateg...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari Emmanuel Ntwari yabwiye Taarifa ko hari umugabo na mushiki batawe muri yombi baha Abunzi ruswa ya Frw 7,000 ngo babafashe guhuguza mushiki wabo isam...
Ku ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira abapolisi b’abofisiye bato 501. Bagize icyiciro cya 12 cy’abapolisi bahawe ipeti rya Assistant Inspec...
Minisitiri w’Umutekano mu gihugu Alfred Gasana yabwiye abapolisi barangija amasomo abinjiza muri Polisi y’u Rwanda ko ikinyabupfura no kubaha inshingano zabo ari byo bizatuma baramba mu kazi. Yabasaby...
Mu Murenge wa Gishari, Akarere ka Rwamagana haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’umwana waciwe umutwe none uwo mutwe bawushatse barawubura. Yari ajyanye na bagenzi be kuvoma atemwa n’umuntu utarafatwa ku...
Ubwo yasozaga amahugurwa urubyiruko rw’abakorera bushake yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri mu Murenge wa Gishari, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yab...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe abakozi n’imiyoborere DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yaraye ashyikirije impamyabumenyi abapolisi 108 barangije amasomo abategurira kuyobora bagenzi babo...







