Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Gishubi mu Karere ka Gisagara baraye bacumbikiwe n’abaturanyi babo nyuma y’uko ibisenge by’inzu zabo zisakambuwe n’umuyaga mwinshi wahereje imvura irimo amahindu yaraye...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kwisungana ngo abishoboye bafashe abatishoboye kwivuza, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo biswe Mutuelle de Santé. Kuza ubu ubwitabire mu kuyitanga bwakomeje kuba buke mu...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Cy’Igihugu cy’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko uruhinja rw’amezi atanu ruheruka kwicwa na COVID-19 rwari rwaravukanye ibindi bibazo, byatumye ruzahazwa n’iyo ndwara. K...
Nibwo bwa mbere icyorezo COVID-19 kishe uruhinja mu Rwanda. Uruhinja yahitanye kuri uyu wa Gatanu tariki 16, Mata, 2021 rufite amezi atanu y’amavuko rukaba ari urwo mu Karere ka Gisagara nk’uko byatan...
Imyaka ibiri irashize Uturere twa Bugesera na Gisagara twunganiwe na Croix Rouge mu bijyanye n’imbangukiragutabara zifashishwa mu gutwara indembe, ndetse ibimenyetso bigaragaza ko ubu bufatanye burimo...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC yerekana ko hari abantu bane baraye bishwe na COVI-19, batatu ni abagore umwe akaba umugabo. RBC yerekana ko ahandi mu Rwanda imibare iri kug...
Ibyemezo byafashwe na Guverinoma y’u Rwanda nyuma yo kuganira n’abagize Sosiyete Sivile harimo n’abanyamadini bivuga ko uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara twari twarakomanyirij...
Amakuru Taarifa ifitiye gihamya avuga ko Tariki 12, Werurwe, 2021, Robert Muyenzi wari usanzwe ayobora Croix Rouge y’u Rwanda mu turere twa Huye na Gisagara yatawe muri yombi n’ubugenzacyaha. Ku...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko igipimo kiri hejuru cy’ubwandu bwa COVID-19 ari cyo cyatumye uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara tudakomorerwa, ubwo hafungurwaga ingendo zihuza I...
Umugabo witwa Jerôme Tumusifu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gukubita uwitwa Etienne Musabyemahoro w’imyaka 15 bikamuviramo urupfu. Abamuzi babwiye Taarifa ko...









