Syverien Twagirayezu atuye mu Mudugudu wa Mihigo, Akagari ka Nyabisaga, Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara. Croix Rouge y’u Rwanda yamworoje inka, irabyara imuha n’ifumbire. We na bagenzi be bo...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye rwongeye guta muri yombi abayobozi batanu barimo bane bo muri Nyanza n’umwe wo muri Gisagara. Uru rwego ruvuga ko bariya bayobozi batawe muri yombi kubera ibimenyetso ...
Mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru ya Gitifu witwa Tumusifu Jérôme wagonze abaturage babiri kubera ubusinzi. Uyu mugabo kandi mu mwaka wa 2020 yigeze gukubita umwana wari ufite imyaka 15 y’...
Mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara haherutse gufatirwa abasore babiri bafite ibyuma by’imirindankuba bipima ibilo 13 hamwe n’ibindi byuma by’amashanyarazi bari bakuye ku rugomero rwa Kibirizi. ...
Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje uko uturere tw’u Rwanda twatabiriye gutanga ubwisungane mu buzima, Mutuelle de Santé. Nyagatare niyo ya nyuma mu kubutanga(81.4%), ikaba yarasimbu...
Ethan Vernon wari uherutse gutwara agace ka mbere kavaga i Kigali kagana i Rwamagana, niwe watwaye n’akavaga i Kigali kagana i Gisagara. Umunyarwanda witwa Eric Muhoza niwe wahize bagenzi be aza ku m...
Mu minsi mike ishize, hari abaturage bo mu Murenge wa Save babwiye itangazamakuru ko mu gusaranganya ibiribwa bigenewe abaturage bashonje, habayemo uburiganya, ibiribwa bihabwa abo bitagenewe. Byari i...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah...
Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero hari abagore bavugwaho gukubita abagabo babo. Umwe mu bagore bo muri aka gace avuga ko bagenzi be bakora biriya ari abataha mu gicuku basinze, bagakoman...
Mu Karere ka Gisagara hari abagabo batangiye kugana inzu z’ubujyanama mu by’umubano n’iby’ubuzima bwo mu mutwe ngo bagirwe inama z’uko bakwitwara ku bagore babo babajujubije. Mu rwego rwo kubafasha, u...









