Ubwo bari barimo kujya mu biciro ngo bagurishe moto bivugwa ko bari bibye, abasore babiri baguwe gitumo na Polisi ihita ibambika amapingu. Bafatiwe mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Jamba mu murenge...
Polisi ikorera mu Karere ka Gicumbi yafashe umugabo w’imyaka 29 y’amavuko ucyekwaho kwiba moto nyuma yo kwica nyirayo. Uyu mugabo akomoka mu Karere ka Gatsibo. Ubu bwicanyi bwakozwe ubwo Abanyarwanda ...
Mu Mudugudu wa Kinihira I, Akagari ka Gisuna, Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi aho Kaminuza yitwa University of Arts and Technology of Byumba (UTAB) iherereye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanda...
Gicumbi Handball Club ivuga ko igikomeje intego yo kwegukana igikombe cya Shampiyona kizatangirwa gukinirwa mu mpera za Gashyantare, 2023. Perezida w’iyi kipe Felicien Nizeyimana uherutse gutorwa, av...
Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haherutse kwangirizwa ibiyobyabwenge birimo n’ibilo bine by’ikiyobyabwenge gikomeye kitwa Heroin. Ibindi byangijwe ni ibilo 34 by’urumogi, udupfunyika 11,530...
Nk’uko bimeze henshi mu Rwanda, abakora mu rwego rw’ubuzima mu Karere ka Gicumbi bafatanyije n’abashinzwe imibereho myiza y’abaturage bakora uko bashoboye ngo barinde abana kugwingira. Imwe mu ngamba ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije imikino itatu yihariye itari isanzwe ikinwa mu Rwanda mu gihe cya Car Free Day. Iyo mikino ni Mini golf, E-road biking, Basketballl 3×3 n’uwo bita Road...
Urwo rusyo bubikwaho ni urw’uko batabwirwa uko ibiciro b’amabuye y’agaciro byifashe ku isi kugira ngo babone uko nabo bashyiraho igiciro bifuza guhembwaho. Ibi bikubiye muri raporo Komisiyo y’igihugu ...
Abahinga ikawa mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi baherutse gutangiza ku bwinshi ubuhinzi bw’iki gihingwa ngengabukungu bagamije ko mu myaka itatu iri imbere izaba yeze, bagahabwa uruganda ruyi...
Nyirarugero Dancille uyibora Intara y’Amajyaruguru avuga ko imwe mu mpamvu zituma abayobozi bahohotera cyangwa bakima serivisi abaturage ari ukutamenya amategeko. Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku b...









