Umukozi w’Umurenge wa Ruvune, mu Ka Gicumbi witwa Habakurama Jean Paul w’imyaka 41 akaba asanzwe ashinzwe kwakira abantu (Customer care) yabwiye umugore we kubera kumubuza amahwemo, ari bwiyahure. Und...
Iradukunda Jean de Dieu ni umwana w’imyaka 10 wo mu Karere ka Gicumbi wishwe n’inkuba yaraye imukubitiye mu murima ari kumwe n’ababyeyi be bari gusarura ibishyimbo. Byabereye mu Murenge wa Rushaki, Ak...
Imbangukiragutabara yari ivanye umurwayi ku bitaro bya Ngarama mu Karere ka Gatsibo, imujyanye mu bitaro bya Kanombe, yakoze impanuka igeze mu Mudugudu wa Byimana mu Kagari ka Jamba, mu Murenge wa Nya...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ivuga ko hari ubukangurambaga buteganywa kuzakorwa kugira ngo Abanyarwanda bumve ko kurya inyama z’ingurube nta kizira kirimo. Ni umukoro uzagendana no kongera amabagi...
Mu nama iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Kagame yaganiriye mu bihe bitandukanye n’abandi bayobozi bakomeye barimo na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak. Abandi bagan...
Mu Mudugudu wa Rugerero, Akagari ka Gashirira mu Murenge wa Ruvune mu Karere ka Gicumbi haravugwa umukobwa w’imyaka 20 watwikishije lisansi umugabo n’umugore bari bamaze amasaha macye bashyingiranyw...
Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujamariya yasabye abaturage bo muri Gicumbi baherutse guhabwa inzu n’umushinga wa Green Gicumbi ko bakwiye kuzitaho, ntibatekereze ko nizangirika hari uzaza ...
Iri tsinda ryo si Abakono ahubwo ni Abasuka, bakaba bakorera mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Giti. Mu nama iherutse guhuza abayobozi mu nzego zitandukanye bakorera mu Karere ka Gicumbi no mu Ntara ...
Théoneste Tuyisenge wari usanzwe ari Umukuru w’Umudugudu wa Rusenge mu Kagari ka Murambi mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo yapfanye n’undi mugabo witwa Alias Ubonyintabaza ubwo bari bagiye...
Mu Mirenge ya Rwamiko na Mataba mu Turere twa Gicumbi na Gakenke hari abaturage batinyutse babwira itangazamakuru ko hari abayobozi b’inzego z’ibanze( ku rwego rw’Umudugudu) babaka ruswa. Babwiye Radi...









