Nyuma y’iminsi mike mu Murenge wa Miyove mu Karere ka Gicumbi hafatiwe abantu bakurikinyweho gucukura zahabu mu buryo budakurikije amategeko, ubu abandi barindwi bafatiwe i Rulindo mu Murenge wa Rukoz...
Abagabo umunani bari mu biyise ‘Abaparakomando’ bafatiwe mu Murege wa Bwisige, Akagari ka Mukono muri Gicumbi, Polisi ikaba ibakurikiranyeho kwangiza imirima y’abaturage, bakanacukur...
Polisi ikorera muri Gicumbi mu Murenge wa Cyumba k’ubufatanye n’izindi nzego yafashe abagabo batanu bakekwaho guhungabanya umutekano by’ubujura, ubwambuzi n’urugomo bikorerwa mu gasanteri ...
Mugabowagahunde Maurice uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko Akarere ka Gicumbi kagomba kugira inyubako zicyeye n’abaturage bakagira isuku. Nyuma yo gusura ibikorwa byerekana iterambere ...
Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...
Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Ku bufatanye bw’abashakashatsi mu binyabuzima bo mu Rwanda no mu Karere k’Afurika y’Uburasirazuba haherutse gutangazwa ko mu gishanga cy’Urugezi gikora kuri Gicumbi na Burera hari ubwoko bw’ibinyabuzi...
Mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi haravugwa umugore wakubise ishoka umugabo we nyuma y’iminsi irindwi bakoze ubukwe. Bari batuye mu Mudugudu wa Gaseke, Akagari ka Kigogo mu Karere ka Gicumb...
Mu buryo butunguranye umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga ntagihumeka! Bivugwa ko yari...
Imibare yerekana ko umukamo w’amata y’inka akamirwa mu Karere ka Gicumbi atuma kaba aka mbere mu Rwanda mu kugira umukamo mwinshi kuko ungana na litiro 106,000 ku munsi. Hejuru y’uyu mukamo utubutse h...









