Abaturage benshi ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batawe muri yombi bashinjwa kuba Abanyarwanda. Bisa n’aho kuba Umunyarwanda muri iki gihugu ari icyaha kubera k...
Umugabo wari ufungiye ubwicanyi, gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge yacitse gereza yo mu Butaliyani akoresheje amashuka yungikanyije. Uwatorotse yitwa Marco Raduano akaba yari asanzwe ari igi...
Nyuma yo kujuririra imyaka ine yari yahawe ngo arebe ko ygagabanywa, Hon Edouard Bamporiki yatunguwe no kumva ko hongereweho umwaka umwe, ibe itanu(5). Yahise ajyanwa muri gereza ya Kigali iri mu Mure...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’imfungwa n’abagororwa, Senior Superintendent of Prisons( SSP) Perry Gakwaya Uwera yabwiye Taarifa ko umugabo witwa Fidel Gakire Uzabakiriho wigeze kuba umunyamakuru wa...
Mu igazeti ya Leta iherutse gusohoka, harimo amategeko abiri agena imikorere y’urwego rw’igihugu ushinzwe imfungwa n’abagororwa. Muri yo harimo n’uko amazina amwe nawe yahawe ubugorozi. Itegeko rivug...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 13, Nzeri, 2022 Ubushinjacyaha bwongeye kugaragariza Urukiko ko bukurikiranye Ndimbati ho icyaha cyo gusindisha umwana utarageza ku myaka y’ubukure, yarangiza akamusambanya. ...
Nyuma yo kubona ko abaturage bari baramararije kujya kwihorera bakoresheje imihoro n’inkota, ikabasaba kubigendamo gake ariko bakanga, Polisi ya Madagascar yafashe umwanzuro wo kubarasa yicamo abantu...
Amakuru Taarifa ifite kandi yizeye avuga ko Umushinwa uherutse guhamwa n’ibyaha birimo gukorera Abanyarwanda iyicarubozo witwa Shujun Sun yamaze kugezwa muri gereza ya Rubavu iri mu Murenge wa Nyakir...
Dr Pierre Damien Habumuremyi yahishuye ko muri gereza zo mu Rwanda harimo ikibazo gikomeye cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, ku buryo inzego zikwiye gushyira imbaraga mu kuyihashya, aho kwibanda hanze...
Hari ikirango kijya gica kuri imwe muri Radio zo mu Rwanda kivuga ko ‘ikintu cya mbere ari amakuru’. Iyo Urwego rw’imfungwa n’abagororwa rwo muri Israel ruza gukusanya amakuru no guha agaciro ayo rwab...








