Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’igorora Superintendent of Prisons (SP) Daniel Kabanguka Rafiki avuga ko ibiganiro bihabwa abafungiwe guhamwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ari byo bituma bam...
Biravugwa ko uyu mugabo utavugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Vladmir Putin yaguye muri gereza nyuma yo kugwa abanje umutwe. Yari afungiye muri imwe muri gereza zikomeye zo mu Burusiya iba ahitwa Siberia. ...
Raporo ya Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu mwaka wa 2023/2024 iragaraza ko igenzura yakoreye mu mu Magororero 14 yasanze afungiwemo abantu 86 274 mu gihe afite ubushobozi bwo kwakira abantu 61 3...
Mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira mu kazi abakozi bato b’umwuga bashya b’Ikigo cy’Urwego rw’Igihugu rw’Igorora, RCS. Ni abakozi 497 bari bamaze igihe bahugurirwa kubahiriza uburengan...
Derek Chauvin wahoze ari umupolisi muri Leta ya Minneapolis akaza gukatirwa gufungwa imyaka 22 azizwa guheza umwuka umwirabura George Floyd nyuma yo kumushinga ivi ku gakanu, nawe yatewe icyuma n’uwo ...
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yaturiye igitambo cya Misa mu Igororero rya Nyarugenge. Yaboneyeho kuhatangira isakaramentu ryo gukomezwa ku bantu bafunze n’abagororwa 43. Ku rubuga rwa...
Umwanditsi witwa Micheal Lewis aherutse kuvuga ko kimwe mu bintu bitangaje yumvanye umuhanga mu by’imibare witwa Sam Bankman Fried uherutse gukatirwa gufungwa imyaka 115 nyuma yo kuriganya abatuye i...
Urukiko rw’ibanze rwa Rubavu kuri uyu wa Kane taliki 07, Nzeri, 2023 rwaburanishije abantu icyenda barimo batatu bahoze bayobora Gereza ya Rubavu baregwa ibyaha birimo iyicarubozo ryakorewe bamwe mu b...
Mu Karere ka Nyamagabe hari itsinda ry’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bakatiwe barangiza ibihano bihuje n’abayirokotse bayoboka icyo bise ‘Mvura Nkuvure’ kugira ngo baganire uko bafatanya kwitez...
Polisi y’Afurika y’Epfo iri mu bufatanye n’iya Zimbabwe ngo hashakishwe kandi hafatwe abanya Zimbabwe batandatu baherutse gutoroka gereza. Itangazo rya Polisi yo muri Afurika y’Epfo rivuga bariya bant...









