Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Urupfu rw’umwarimu wa Kaminuza witwa Albert Ojwang wari usanzwe wandika kurii murandasi waguye muri kasho ya Polisi ntiruvugwaho rumwe rwateje indi midugararo mu baturage. Barashinja Polisi kumwica, y...
Ku nshuro ya kabiri nyuma yo kuva ku izima, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Constant Mutamba, yongeye kwitaba ubutabera, abazwa iby’inyerezwa rya Miliyoni ...
Constant Mutamba usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko atazitaba urukiko rusesa imanza rwamutumije ngo rumubaze kubyo akekwaho byo kunyereza...
Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 16, Ugushyingo, 2024 muri Gereza eshanu hirya no hino mu Rwanda habaye gusaka. Abacungagereza basanze muri izo gereza harimo ibintu bitemewe n’amategeko birimo urumogi, te...
Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwanzuye ko Dr.Eugène Rwamucyo afungwa imyaka 27 nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside. Nyuma yo gukatirwa, abaje kumushyigikira bagaragaje uburakari rurangiy...
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kuzakatira igifungo cy’imyaka 30 Umunyarwanda Dr.Eugène Rwamucyo ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatu...
Kadoyi Albert usanzwe utwara ikamyo bivugwa ko afungiye muri gereza ya Uganda nyuma yo gukora impanuka ubwo yari atwaye impu ava i Mombasa muri Kenya. Taliki 09, Mata, 2024 nibwo yafunzwe ariko impa...
Uyu munyamakuru wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yigeze kumara amezi atandatu afungiye muri gereza nkuru ya Kinshasa iri ahitwa Makala. Ni gereza ifite ubushobozi bwo gucumbikira abantu 1,500...









