Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuva iki gihugu cyatangira intambara yeruye na Hamas kimaze gutakaza abasirikare 485. Aba barimo umunani baraye bapfuye bazize Hamas. Iby’urupfu rwabo byatang...
Ingabo za Israel zatangaje ko zinjiye mu bice byose bya Gaza, zigasaba abaturage kuzivira mu nzira zikabona uko zivuna Hamas. Amakuru avuga ko kuva zasubukura imirwano na Hamas mu mpera z’Icyumw...
Televiziyo y’igihugu ya Iran yatangaje ko hari igisasu cyaturutse muri Israel gihitana abasirikare babiri bayo bakoreraga muri Syria. Ni ubwa mbere abasirikare ba Iran baguye mu bisasu Israel iri kur...
Abatuye muri Gaza babwiye itangazamakuru ko biboneye ibifaro n’abakomando mu ngabo za Israel binjira mu bitaro binini bya Al-Shifa biri muri Gaza ngo bahahige abarwanyi ba Hamas bahihishe. Hagati aho ...
Kugeza ubu ngo hariho Gaza y’Amajyaruguru na Gaza y’Amajyepfo nk’uko Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Jonathan Conricus abivuga. Jonathan Conricus avuga ko ingabo z’igihugu cye zaciyemo kabir...
Nyuma ya Joe Biden, kuri uyu wa Kabiri, taliki 24, Ukwakira, 2023, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron nawe arajya muri Israel kuganira n’abayitegeka ngo abasabe kugabanya uburakari bafitiye abatuye...
Birasa nk’aho ntacyo Israel yasize inyuma mu gusenya Gaza. Ubuyobozi bwayo buvuga ko buzirinda uko bishoboka kose ngo hatagira umusivili ubigenderamo. Mu kwegeranya ibikoresho, ingabo z’iki gihugu zat...
Bisa n’aho ari imibare yabazwe kare kubera ko umunsi Hamas yatereyemo Israel(iyitunguye) ari nawo Israel yinjiriye muri Gaza ikoresheje ibifaro byayo. Icyo gihe hari ku wa Gatandatu taliki 07, Ukwakir...
Ingabo za Israel zigiye kumara iminsi ibiri zirasa ibisasu mu gace ka Gaza. Ijwi ry’Amerika ryanditse ko abantu icumi ari bo kugeza ubu babaruwe ko byahitanye. Barimo n’umwe mu bayobozi bakuru ba Hama...
Kuva ku wa Gatatu tariki 12, Gicurasi imbunda zirasa ibisasu biremeye z’ingabo za Israel zitwa Howitzer zatangiye kurasa ziyungikanya ku birindiro by’abarwanyi ba Hamas. Ubwo kandi ni ko n’indege z’in...









