Mu murwa mukuru wa Argentina witwa Buenos Aires niho Jorge Mario Bergoflio waje kuba Papa Francis yavukiye, hari Tariki 17, Ukuboza, 1936. Akiri muto yarwaye ibihaha bituma hagira igice cy’ibiha...
Abanyapolitiki, Sosiyete sivile n’abanyamategeko baramagana ibyo ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi buteganya byo guhindura Itegeko Nshinga rya Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Abahagarariye izo nze...
Inama nkuru ya Kiliziya Gatulika muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo-La Conférence épiscopale nationale du Congo,CENCO mu magambo ahinnye y’Igifaransa- yatangaje ko idashyigikiye ibyo guhindura Ite...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda watangaje ko ugiye gusabira Ubumwe bw’Abakirisitu mu Rwanda. Ni igikorwa cyari gisanzwe gikorerwa mu Mujyi wa Kigali ariko bishobora kuzagurwa bikagezwa no mu matorero ...
Arkiyepiskopi wa Kigali Cardinal Antoine Kambanda yageneye impano ya Bikira Mariya Nyina wa Jambo Perezida wa Hungary wamusuye. Byabaye kuri iki Cyumweru taliki, 16 Nyakanga, 2023 ubwo Arkiyepiskopi...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yagiye mu bitaro by’ahitwa Gemelli kugira ngo abaganga bamusuzume barebe uko ubuzima bwe buhagaze. Yaherukaga yo mu mpera za Werurwe, 2023, ubwo yar...
Abepisikopi Gatolika bo mu Rwanda bagiye kujya i Roma guhura na nyiributungane Papa Francis, bakazahahurira na bagenzi babo baturutse hirya no hino ku isi nk’uko ari ko bisanzwe bigenda buri myaka ita...
Abatuye Isi babarizwa mu idini rya Islam kuri uyu wa Kabiri taliki 02, Gicurasi, 2022 bifatanyije mu byishimo byo kurangiza igifungo cya Mwezi Ramazani. Bagenzi babo batari muri iri dini babwiye Taari...
Kuri uyu wa Gatandatu Muri Iraq harabera igikorwa kiri mu bizibukwa mu mateka ya Kiliziya Gatulika na Islam, kuva byombi byashingwa. Umuyobozi wa Kiliziya Gatulika n’uw’Abisilamu n’aba Shiite barahura...








