Mu Murenge wa Mukarange Akarere ka Kayonza bavuga ko abahacukura amabuye y’agaciro babikora batitaye mu kubungabunga ibidukikije bakabangiriza imirima. Bavuga ko iyo mirimo ituma barumbya kubera ko im...
Mu Murenge wa Ngarama, Akarere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 20 Polisi yafatanye ibilo 52 by’ibyuma bivugwa ko yakuye ku mapiloni atanga amashanyarazi. Akurikiranyweho kwangiza ibikor...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Nyanza, Huye, Rwamagana, Gatsibo n’ahandi mu Rwanda, abaturage barataka inzara batewe n’amapfa yakuruwe n’imvura yaguye nabi. Bateye imbuto bizeye ko izera ik...
Icyonnyi kitwa Mukondo w’inyana kiravugwaho kwibasira imyaka yari yaratewe kuri hegitari 403. Icyo cyonnyi gifata ibihingwa bikiri mu butaka ntibimere. Abaturage bonewe nacyo bavuga ko bahinze imyaka...
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa abaturage biyise ‘imparata’ bikora bakajya gucukura amabuye y’agaciro ya gasegereti mu buryo budakurikije amategeko. Bamwe muri bo baherutse gufatanwa ibilo bitatu by’ay...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwandikiye ubwa APR FC bubusaba ko bwaba bubatije abakinnyi babiri b’iyi Kipe bakomoka muri kariya Karere ngo babufashe mu bukangurambaga bugiye gutangiza. Akarere ka G...
Guverineri w’Intara y’ i Burasirazuba, Gasana Emmanuel yacyebuye abayobora Akarere ka Gatsibo ko badateza imbere imijyi itatu yako kugira ngo igendere ku muvuduko uranga indi mijyi yo mu Rwanda. Yabiv...
Yitwa Richad Gasana akaba Meya w’Akarere ka Gatsibo. Uyu mugabo ari mu bayobozi b’Uturere bitwaye neza k’’uburyo ari we umuntu yakwita ko ari KIZIGENZA muri bo. Gasana ayobora Akarere kari mu Turere i...
Mu Karere ka Bugesera hari umusore wafashwe na Polisi y’u Rwanda imusanganye Frw 96,000 bivugwa ko yari yibye Shebuja wo mu Kagari ka Nyamata, Umurenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera. N’aho mu Karer...
Urugomo rwo muri Gatsibo rwageze n’aho umugore wari ugiye gukora akazi ko guhonda amabuye ya konkase yishwe n’abantu bataramenyekana bamuca umutwe. Ifoto Taarifa yahawe n’umwe mu bahageze mbere yereka...









