Kuri Station ya RIB mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo hafungiye umuzamu n’undi mugabo ushinzwe gutekerera abiga mu ishuri ribanza rya Rumuli, Umurenge wa Muhura bakurikiranyweho kwiba ibilo 26...
Mu rwego rwo kuzamura impano z’abana bazi gukina umupira w’amaguru, mu Karere ka Gatsibo haherutse gutangizwa irerero rizabafasha kurushaho kumenya uwo mukino. Abasanzwe bakurikirana iby’umupira w’ama...
Akarere ka Gatsibo kari mu turere twa mbere mu Rwanda tutagira amazi ahagije abagatuye n’abagasura. Mu rwego rwo kurangiza cyangwa se kugabanya ubukana bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere hatangijwe ku m...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze abakozi barwo babiri bakoreraga ahitwa Ngarama muri Gatsibo. Bakurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye na ruswa. Mu gisa na operation yagiye ...
Amakuru Taarifa ifite muri iki gitondo aremeza ko hari abana bane mu bandi bari baraburiye mu Murenge wa Kiziguro, Kiramuruzi na Rugarama mu Karere ka Gatsibo babonetse mu Karere ka Kayonza mu Murenge...
Mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Gatsibo hari amakuru yakuye abaturage umutima y’abana babo bafite imyaka itatu. Bivugwa ko batwarwa n’undi mwana w’imyaka nka 13 ariko akaba ataramenyekana ngo avug...
Nyuma y’uko Visi Perezida wa Sena Hon Nyirasafari Espérance asabiye inzego zose guhagurukira abiyise Abuzukuru ba Shitani bazengereje abatuye Rubavu, Taarifa yabajije Polisi icyo ivuga kuri abo buzuku...
Nk’umufasha wa Leta mu bikorwa by’ubutabazi, Croix-Rouge y’u Rwanda ivuga ko yakoze ibikorwa bitandukanye byo kurengera ubuzima bw’abatuye mu nkambi za Nyabiheke na Kiziba bifite agaciro ...
Mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umugabo wishe umwana w’imyaka ibiri yareraga ataramubyaye ahubwo ku bw’uko yabanaga na Nyina, nawe ahita yimanika mu giti. Ababibonye bavu...
Hashize iminsi itatu mu Murenge wa Rusarabuye abatwije imihoro n’ubuhiri biraye mu barinda ikirombe cy’ibuye rya Wolfram barabatema. Ubu mu Karere ka Muhanga n’aho haravugwa urugomo nk’urwo rwakozwe ...









